Turi abasore, inkumi, abagabo n’abagore, bakijijwe kandi bagifite ingufu zigahije, batoranijwe bagashyirwa ku ruhande na Yesu Kristo, kugira ngo mu gihe gisa n’iki dukoreshwe na We mu gushyira ibintu ku murongo mu miyoborere y’igihugu cyacu ndetse no kwamamaza ubutumwa bwiza bw’Ubwami bw’Imana duhereye iwacu, mu karere dutuyemo, no gukomeza kugera ku mpera z’isi kuko ari igihe cy’Imana kandi akaba ari cyo twaremewe.
